NYARUGENGE: HARI KUBA IMURIKABIKORWA RY’ABAFATANYABIKORWA

Kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Kamena 2026, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ka Nyarugenge Bwana Ingangare Alexis yafunguye ku mugaragaro…

Read more →

IMYANZURO Y’INAMA Y’ABAMINISITIRI IDASANZWE YATERANIYE MURI VILLAGE URUGWIRO IYOBOWE NA NYAKUBAHWA PEREZIDA WA REPUBULIKA Y’U RWANDA, PAUL KAGAME, KURI UYU WA 02 KAMENA 2020

Ku wa Kabiri tariki ya 02 Kamena 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika…
Read more →

KUBUFATANYE NA RSSB HATANZWE INKA MURI GAHUNDA YA GIRINKA

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Gicurasi Umuyobozi Nshingwabikorwa Wungirije w'Akarere Madamu Nshutiraguma Esperance ari kumwe n'umufatanyabikorwa…
Read more →

INGAMBA NSHYA ZO GUKUMIRA ICYOREZO CYA COVID-19 IBYO UKENEYE KUMENYA BIJYANYE NA SERIVISI Z’INZEGO ZIBANZE

1. Ubukwe buremewe? Ishyingirwa imbere y'ubuyobozi riremewe. Ariko rigomba kwitabirwa n'abantu batarenze 15. Iyindi mihango nko gusezerana mu…
Read more →

INGAMBA NSHYA ZO GUKUMIRA ICYOREZO CYA COVID-19 IBYO UKENEYE KUMENYA BIJYANYE N' AMAHOTERI NA RESITORA

1. Ni ibihe bikorwa by'amahoteri byemewe gufungura? Amacumbi, resitora, na za cafe zifite impushya zo gukora zahawe n’Uturere cyangwa Umujyi wa…
Read more →

INGAMBA NSHYA ZO GUKUMIRA ICYOREZO CYA COVID-19 IBYO UKENEYE KUMENYA KUBIJYANYE N’UBUCURUZI

1. Amasoko arafunguye? Amasoko arafunguye ariko hagomba gusimburana umubare utarenze 50% by’abacuruzi bemerewe kuyakoreramo. 2. Umubare…
Read more →

INGAMBA NSHYA ZO GUKUMIRA ICYOREZO CYA COVID-19 IBYO UKENEYE KUMENYA BIJYANYE NO GUTWARA ABANTU N’IBINTU

Nemerewe gutega imodoka rusange njya ku kazi? Yego. Imodoka rusange zemerewe gukora hubahirizwa amabwiriza y’isuku, arimo kwambara…
Read more →

INGAMBA NSHYA ZO GUKUMIRA ICYOREZO CYA COVID-19 IBYO UKENEYE KUMENYA BIJYANYE N'UBUZIMA

1. Kubera iki nsabwa kwambara agapfukamunwa igihe nsohotse mu rugo ngiye guhura n’abandi bantu? Minisiteri y’Ubuzima isaba buri wese kwambara…
Read more →

IMVURA IKOMEJE KUGWA ARI NYINSHI TWITWARARIKE AHASHYIRA UBUZIMA BWACU MU KAGA

Nkuko byagaragajwe n'ikigo cy'Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw'Ikirere muri iyi minsi turi mubihe by'imvura ikomeje kugwa ningombwa ko abaturage bagira…
Read more →

UBUYOBOZI BW'AKARERE BURAKANGURIRA ABARI AHASHYIRA UBUZIMA BWABO MU KAGA KUHAVA

Nkuko bigaragazwa n'ikigo cy'igihugu gishinzwe Ubumenyi bw'Ikirere, hateganyijwe imvura nyinshi muri iyi minsi. Ubuyobozi bw'Akarere bukaba…
Read more →