Skip to main content Skip to page footer
A Rwanda Government Website

INAMA ISANZWE YA KOMITE Y'UBUZIMA Y'IBITARO

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi 2026, mu Bitaro bya  Ruhengeri hateraniye inama yahuje Abagize Komite y'Ubuzima y'ibi Bitaro.

Iyi nama yayobowe na Perezida wa Komite, Bwana BAGIRUWIGIZE Emmanuel, wabashimiye cyane ubwitange n'ubufatanye bukomeje kubaranga mu guharanira icyarushaho kuzamura Urwego rw'Ubuzima.

Perezida wa Komite y'Ubuzima atangiza inama

Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro agaragaza Ishusho y'Ibitaro

Abari bitabiriye inama bungurana ibitekerezo

Uyu ukaba wanabaye umwanya mwiza wonkongera gusura ahimuriwe zimwe muri Serivisi z'Ibitaro by'agateganyo muri iki gihe turi mu Myiteguro yo  Kubaka Ibitaro Bishya.

Basura ahimuriwe Serivisi y'Abana n'iy'Indwra zo mu Mubiri