HASUWE IBIKORWA BY’UBUHINZI MU MURENGE WA KIGALI
Mu Murenge wa Kigali, uyu munsi Tariki ya 12 Ugushyingo 2025 Abashinzwe Ubuhinzi ku Karere no mu Murenge wa Kigali basuye ibikorwa by'Ubuhinzi biri mu Kagari ka Mwendo harebwa uko igihembwe cy'ihinga 2026 A gihagaze. Muri rusange hasuwe imirima ihinzemo ibihingwa bikurikira:
Abashinzwe Ubuhinzi mu Karere ka Nyarugenge ndetse no mu Murenge wa Kigali bagenzuye ibi bikurikira: