HATANGIJWE ICYUMWERU CYAHARIWE UBUZIMA BW’UMUBYEYI N’UMWANA
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyarugenge Wungirije Madamu Uwamahoro Genevieve yatangije Icyumweru cyahariwe ubuzima bw’Umubyeyi n’Umwana gihera 13-17 Mutarama 2025 ku nsanganyamatsiko igira iti: " Hehe n'igwingira: Twite ku buzima by’Umubyeyi utwite , umwana, Umwanganvu, imirire n’Isuku, dukingize abana inkingo zose." Madamu Uwamahoro Genevieve yasabye ababyeyi bombi umugabo n’umugore kurushaho kugira uruhare mu kwita ku buzima bw’abana babo ku buryo bw’umwihariko akangurira abagabo kurushaho kwita ku buzima bw’abana, abagore batwite ndetse n’abonsa kuko iyo batitaweho bikwiriye ubuzima bwabo butagenda neza.
Ibizakorwa muri iki cyumweru:
Aho ibyo bikorwa bizakorerwa: