MAGERAGERE HARI GUTERWA IBITI KU BUFATANYE NA BRITAM
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyarugenge Bwana Ingangare Alexis ari kumwe n’Umufatanyabikorwa BRITAM bifatanyije n’abaturage b’Umurenge wa Mageragere mu muganda wihariye wo gutera ibiti bivangwa n’imyaka.
Umuyobozi mukuru wa Britam Insurance Rwanda, Andrew Kulayige, yavuze ko bateganya kuzatera ibiti 10000 muri uwo Murenge wa Mageragere.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyarugenge yasabye abaturage kwita ku biti bateye kugira ngo bibashe gukura neza.
AKAMARO K’IBITI BIVANGWA N’IMYAKA